Umuhanzikazi
Cindy Sanyu wo mu gihugu cya Uganda ari gutegeura uruhererekane rw’ibitaramo
bizazenguruka igihugu cyose bikaba bizatangirira
tariki 30 Mutarama 2026 muri Sheraton Hotel I Kampla
Amakuru ikinyamkauru Howwe akesha bamwe mubari kumufasha guteura ibyo bitaramo icyo gitaramo kizaba
ari igitaramo kizaba ari igikorwa cyo gutangiza urukurikirane
rw’ibitaramo bye mu gihugu hose, biteganyijwe kuzakomeza mu
gice cya mbere cya 2026.
Nyuma
y’igitaramo muri Sheraton, Cindy azasura utundi duce tw’igihugu,
aho azakora igitaramo i Mbale muri Gashyantare,
ndetse akanategura igitaramo gikomeye cyo ku munsi w’Abakundana
(Valentine’s Day) kuri Kakyeeka Stadium i Mbarara.
Nkuko
amakuru abivuga Perezida w’Ishyirahamwe ry’Abahanzi bo
mu Uganda (UMA) ari mu biganiro
n’abategura ibitaramo batandukanye kugira ngo bahitemo undi muhanzi uhuje
n’ibyifuzo bye n’imigambi ye muri uru rugendo rw’ibitaramo.
Cindy yabaye umwe mu bahanzi bakomeye mu muziki wo ku
rubyiniro mu Uganda mu myaka irenga 15, aho azwiho
gukora ibitaramo byuzuye imbaraga n’ubuhanga
mu kuririmba. Muri uyu myaka, yateguye igitaramo gikomeye muri
Millennium Park, Lugogo, kikaba cyarashimangiye umwanya we mu
bahanzi b’icyubahiro mu gihugu.cya Uganda