Bamwe mu batuye mu murenge wa Tumba akarere ka Huye bahinga mu gishanga cya Ruhande bavuga ko babangamiwe n’inkende zibasonjesha bitewe n’uko iyo bahinze imyaka ya bo ziyona zivuye mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda rizwi nka Albertum, bagasaba ko iki kibazo cyashakirwa umuti.
Ikibazo cy’inkende zonera
abaturage si I Huye gusa cyumvikanye kuko kimaze igihe kivugwa hirya no hino
ariko hakabura igisubizo gihamye.
Kugeza ubu abaturage bakomeza
kwibaza amaherezo y’iki kibazo cyane inkende nanubu zitarajya ku rutonde rw’inyamaswa
zishyurirwa na RDB.
Ibindi wabireba muri iyi
Video,…