Mu gihe leta ikomeje urugamba rwo kurwanya ikoreshwa ry'inzoga zitujuje ubuziranenge cyane cyane izizwi nk'ibyuma abaganiriye na Bplus TV bavuga ko byabashyize mu byago byinshi birimo gutandukana n'imiryango yabo ndetse no kurwara indwara zitandukanye zirimo no kurwara inyama zo mu nda.
K’uruhande
rw'umuvugizi wungirije wa Guverinoma Uwera Jean Maurice
avuga ko ifungwa ry’izi
nganda ryari ngombwa dore ko izi nzoga zatezaga urugomo ndetse bikangiza
ubuzima bw'abanyarwanda.
Ibindi
birebe muri iyi video