• Amakuru / MU-RWANDA


Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye Umurenge wa Ngoma bavuga ko bari kugorwa no kubona ikiguzi kiri hejuru cy’ibyangombwa byo kubaka bigatuma bakomeza kubunza akarago mu nzu z’abandi. 

Aba baturage baragaza ko kubaka bibavuna cyane kuko kubona icyangombwa bibasaba kwishyura ibihumbi Magana atatu, ibintu bavuga ko umukene bitamworohera kuyabona bagasaba ko bakoroherezwa kubona ibyangombwa kuko kuba bihenze bitiza umurindi ruswa, yewe hakaba hari n’abapfa kubaka nta byangombwa bikabaviramo gusenyerwa.

Umuyobozi w’akarere Ange Sebutege avuga ko iki kiguzi cy’iyi serivisi kitarenze ibiteganywa n’amategeko gusa abatishoboye hari uburyo bashwamo.

Ibindi wabiremo muri iyi video.


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments