Nyabihu-Arasaba ubufasha: Ububabare n'uburibwe yatewe n'igisebe amaranye imyaka 12

Yanditswe na: DUSHIMIMANA Elias 2024-01-18 09:10:38 Ubuzima

Umusore uri mu kigero cy'imyaka 22 witwa Nzayikorera Elisa wo mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Muringa akagari ka Gisiza mu mudugudu wa Kinihira, arasabaza ubufasha abagiraneza bwo kumufasha kwivuza.

Amarira, agahinda gakabije, nibyo birango by'uyu musore ukomeje kuba mu buribwe cyane aterwa n'igisebe cy'umufunzo kiri inyuma ku kaguru hafi y'agatsitsino.

Mu kiganiro kigufi kihariye yagiranye na BTN i Kigali, Nzayikorera, yatangaje ko ubu buribwe yatangiye kubana nabwo ubwo yigaga mu mwaka wa gatatu w'amashuri abanza.

Akomeza avuga ko kuva ubwo yahise ahagarika amasomo bitewe nuko atabashaga kugenda kugeza magingo aya agenda ahinyagurika mu nzira kandi nabwo akagenda aryama aho aruhiye hose cyane ko amatembabuzi afite impumuro mbi aba ashoka ku kaguru buri kanya.

Yagize ati" Ubu buribwe mbumaranye,...

Inkuru irambuye ni mukanya!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

Related Post