• Imikino / FOOTBALL

Ubuyobozi  bwa Komite  y’Inzibacyuho  ya Rayon Sports  iyobowe  na Murenzi Abdallah  yagiranye inama  n’ubuyobozi  bw’uruganda rwa SKOL Rwanda

Ubusanzwe uruganda rwa  Skol Rwanda Brewery  Ltd  rwenga  ibinyobwa bitandukanye  byaba bisembuye  ndetse n’ibidasembuye  rusanzwe ari umufatanyabikorwa mukuru wa Rayon Sport mu gihe  cyimaze  imyaka 11 Umuyobozi mukuru warwo Eric Gilson  yagiranye inama  ya mbere  na Komite  y’Inzibacyuho ya Rayon Sports  

Iyi kipe ibinyujije ku  mbuga nkoranyambaga zayo yavuze  mu biganiri bagiranye n’ubu buyobozi byari ingirakamaro cyane  kuko byafunguye inzira nshya yo  gukomeza guhesha ikipe  yabo agaciro n’icyubahiro  muri shampiyona y’uyu mwaka .

Nubwo  wari umwnaya mwiza ku mpande zombie Skol  Rwanda yashyikirije Ikipe ya Rayon  Sports  imyambaro mishya yo kwambara ahaba ku bakinnyi ndetse n’abatoza bayo ,

Komite y’izibacyuho ya Rayon Sport yashyizweho  nyuma y’igihe kinini muri iyi  kipe haragwamo ukutumvikana kwari muri  Komite  Nyobozi yasheshwe .

Iyi nama yabaye mu gihe  ikikpe ya Rayons Sports iri kwitegura umukino wa Shampiyona ku munsi wa 11 izakina na Bugesera  Fc uteganyijwe ku cyumweru tariki ya 14 Ukuboza  2025 I Bugesera




 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments