Ahagana Saa 00:45 zo mu rukererera rwo kuwa 6 ushyira ku cyumweru nibwo mu mudugudu wa Ruramba mu kagali ka kindama mu murenge wa Ruhuha humvikanye inkuru y’umugabo witwa Nkeshimana vital w'imyaka 33 watabazaga nyuma ko mu nzu ye yari aryamyemwo n’umugore we n’abana hibasigarwaga ninkongi y’umuriro.
Ni nyuma yo gucaginga (gucomeka telefone ku muriro) telephone ye ariko aziritse bateri kuri sharijeri (indahuzo) y’igice ibyo bita gushitura umuriro wuzuye iraturika, umuriro ufata matera abari bayiryamyeho bose barashya ibyaje kurangira uyu vital we ahise yitaba Imana mu gihe umugore we n’umwana barembeye bikomeye mu bitaro bya kanombe.
Ibindi wabyumva muri iyi video