• Amakuru / MU-RWANDA


Ahagana Saa 00:45 zo mu rukererera rwo kuwa 6 ushyira ku cyumweru nibwo mu mudugudu wa Ruramba  mu kagali ka kindama mu murenge wa Ruhuha humvikanye inkuru yumugabo witwa Nkeshimana vital w'imyaka 33 watabazaga nyuma ko mu nzu ye  yari aryamyemwo numugore we nabana hibasigarwaga ninkongi yumuriro.

 Ni nyuma yo gucaginga (gucomeka telefone ku muriro) telephone ye ariko aziritse bateri kuri sharijeri (indahuzo) yigice ibyo bita gushitura umuriro wuzuye iraturika, umuriro ufata matera abari bayiryamyeho bose barashya ibyaje kurangira uyu vital we ahise yitaba Imana mu gihe umugore we numwana barembeye bikomeye mu bitaro bya kanombe.

Ibindi wabyumva muri iyi video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments