Nyuma y’itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, impungenge zirakomeje Hirya no hino mu mujyi wa Kigali no mu zindi ntara aho ababyeyi bafite abana batsinze ibizamini bisoja amashuli abanza ndetse n’ayisumbuye ku manota meza, ariko bakaba bavuga ko bahangayikishijwe n’uko abenshi batahawe imyanya mu bigo babamo, nyamara abana ndetse n’ababyeyi bifuzaga ko biga bacumbikirwa mu bigo.
Aba babyeyi bavuga ko bafite
ubushobozi buke bwo kubona
amashuri acumbikira abana babo muburyo bworoshye bakaba basaba ko bakoreherezwa
mu kubona ibigo m’uburyo
bworoshye .
Ibi bibaye nyuma y’uko Minisiteri y’Uburezi itangaje ko abanyeshuri 17,412 gusa ari bo
babonye imyanya mu bigo bicumbikira abanyeshuli,
mu gihe abandi 226,546 baziga bataha.
Ibindi birebe muri iyi
video