Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Kamena 2025, Nibwo kuri GS Jabana, mu Mudugudu wa Amasangano, Akagari ka Kidashya, mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo, habereye ubukangurambaga k’uburezi budaheza by’umwihariko ku bana bafite ubumuga kizwi ku izina rya “Ring the Bell”, bwateguwe n’Umuryango udaharanira inyungu wa Tiberias Initiative for Children(TIC).
Iki gikorwa cyabaye ku bufatanye n’urwunge rw’amashuri rwa Jabana n’Umurenge wa Jabana, Intego nyamukuru yacyo ni ugukangurira abaturage bose hamwe n’abafatira ibyemezo ibibazo abana bafite ubumuga bahura na byo mu kubona uburezi, bwiza no gushishikariza abafatanyabikorwa gufatanya mu guteza imbere uburyo bwo kubona serivisi z’uburezi ku bana bafite ubumuga.
Inkuru
iracyanozwa!!!!!!!!