• Amakuru / MU-RWANDA


Umusore wo mu murenge wa Gashora mu karere ka Bugesera mu kagali ka Biryogo, yapfuye yiyahuye nyuma yo kwibirwa amafaranga ibihumbi 40 mu kabari yari yanywereyemo.


Ni inkuru yamenyekanye mu masaha yo kumanywa kuri uyu wa 27 Gashyantare 2026 aho Nyakwigendera Ntakirutimana Cleophas w’imyaka 26 yitabye Imana, bikavugwa ko kuwa 26 yagiye kunywera ahitwa ku Kibahima, baza kuhamwibira amafaranga ibihumbi mirongo ine (40.000Frw).

Ni inkuru iteye agahinda kuko uyu mubyeyi Mukashyaka Rose ubyara Nyakwigendera Ntakirutimana avuga ko atanafite ubushobozi bwo kubona ibihumbi makumyabiri (20.000Frw) byo gupimisha umurambo.

Inkuru irambuye murayisanga muri iyi Video.

 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments