Ku mugoroba w'Ijoro ryakeye mu Mudugudu wa Mpaza akagari ka Rango A umurenge wa Mukura mu Karere ka Huye, abaturiye umuhanda Rango-Kibilizi bavuga ko batunguwe n'urupfu rw'umugabo wahaguye ari kugenda avuye gupima inzu azubakira umuturage.
Abaturage ko bavuga bamenye
ko yituye hasi agahita apfa, ibintu bavuga ko byabatunguye kuko yari yiriwe as
arura ibishyimbo, bagakeka ko yitwa Thomas wo mu Gasenyi mu murenge wa Tumba.
Bagasaba ko hakorwa
ubushakashatsi bwimbitse hakamenyekana icyamwihe na bo bakakimenyeshwa. Polise
ihamya iby’aya makuru ndetse n’iperereza ku cyaba cyishe nyakwigendera
rikomeje.
Kurikira aya
mashusho urebe inkuru k’uburyo burambuye.