Bwa Mbere mu mateka y’igihugu cya Australia
cyashyizeho umugaba Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu zizwi nka ADF (Australia Defence Force ).
Byatangajwe kuri kuri uyu wa mbere nibwo guverinoma y’icyo gihugu yatangaje ko yashyize Kuri uyu wa mbere leta ya Australia yatangaje
ko umugore agiye kuba umugaba mukuru w’ingabo mu mpinduka zakozwe mu bakuru b’igisirikare
cy’icyo gihugu.
Lieutenant
General Susan Coyle azatangira izo nshingano muri Nyakanga uyu mwaka, abe
umugore wa mbere mu mateka y’iki gihugu ufashe uwo mwanya.
Gen Susan
azasimbura Lieutenant General Simon Stuart, kandi izi mpinduka zibaye mu muhate
wa leta wo gushishikariza abagore kwinjira mu ngabo.
Mu itangazo
Minisitiri w’intebe Anthony Albanese yagize ati: “Kuva muri Nyakanga tuzaba
dufite umugore wa mbere nk’umugaba mukuru w’ingabo mu mateka y’imyaka 125
y’ingabo za Australia”.
Minisitiri
w’ingabo Richard Marles yavuze ko igenwa rya Coyle ari “igihe cy’amateka
akomeye”.
Coyle
w’imyaka 55, yinjiye mu gisirikare mu 1987 azamuka mu maranka no mu mirimo
itandukanye kugeza kuri uyu mwanya yagenewe.
Abagore
bagize 21% mu ngabo za Australian Defence ?Force (ADF) na 18.5% ?mu myanya y’ubutegetsi bw’ingabo nk’uko
Reuters ibivuga.
yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo
Nkuko iryo
tangazo ribivuga uyu Lieutenant General Susan Coyle azatangira izo nshingano
muri Nyakangauyu mwaka, abe umugore wa mbere mu mateka y’iki gihugu ufashe uwo
mwanya.
Gen Susan
azasimbura Lieutenant General Simon Stuart, kandi izi mpinduka zibaye mu muhate
wa leta wo gushishikariza abagore kwinjira mu ngabo.
Mu itangazo
Minisitiri w’intebe Anthony Albanese yagize ati: “Kuva muri Nyakanga tuzaba
dufite umugore wa mbere nk’umugaba mukuru w’ingabo mu mateka y’imyaka 125
y’ingabo za Australia”.
Minisitiri
w’ingabo Richard Marles yavuze ko igenwa rya Coyle ari “igihe cy’amateka
akomeye”.
Coyle
w’imyaka 55, yinjiye mu gisirikare mu 1987 azamuka mu mapeti no mu mirimo
itandukanye kugeza kuri uyu mwanya yagenewe.
Abagore
bagize 21% mu ngabo za Australian Defence ?Force (ADF) na 18.5% ?mu myanya y’ubutegetsi bw’ingabo nk’uko
Reuters ibivuga.
Like This Post? Related Posts