Umuhanzi
Ngarukiyintwali Jean de Dieu uzwi nka Maitre Dodiane nyuma y’igihe gito agunguye inzu itunganya umuziki ye bwite yise Global Music studio yashyize hanze indirimbo ye ya
mbere yakoremo yise Tebuka .
Uyu musore
ufite impano idasanzwe yo kwicurangira bimwe mu bikoresho bya
Muzika mu kiganiro n’Umunyamakuru wacu
yamutangarije ko ubu igihe ariki ngo
atangire abyaze umusasuro studio ye
aherutse gushinga yitunganyiriza
zimwe mu ndirimbo azashyira alubumu ye
ateganye guhyira hanze mu minsi izaza .
Yagize ati “
Indirimbo Tebuka ni imwe mu
ndirimbo zanjye nzashyira ku alubumu yanjye nd kwitegura kuzamurikira
abakunzi banjye nimara kuyirangiza .
Yakomeje atuwbira
ko Tebuka ari indirimbo y’urukundo aho
yumvikanamo amagambo y’umusore uba ategereje umukunzi we amusaba ko yaza vuba vuba akamubera umufasha w’igirakamaro mu buzima
bwe.
Maitre Dodiane mu gusoa yatubwiye ko iyi ndirimbo ariwe wayiyandikiye igakorwa mu buryo bw’amajwi na Producer Logic Hit It ikorerwa muri Global Muisc Studio