• Amakuru / MU-RWANDA


Bamwe mu batuye mu Ntara y’Amajyepfo binubira imikorere ya za Transit Centers (ibigo ngororamuco), aho ngo bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze bazigize iturufu yo gukandamiza abaturage no kubaka ruswa za hato na hato, bagasaba ko byahinduka.

Aba baturage bahuriza ku kuba hari bamwe mu bayobozi bakoresha ibi bigo nk’igikangisho kubo batavuga rumwe, abandi bakayikoresha nka munyangire.

Bamwe mu mpuguke mu bya politiki bavuga ko hari gukorwa ubuvugizi kugira ngo imikorere ya zo ibe ikurikije amategeko.

Ibindi wabireba muri iyi video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments