• Amakuru / MU-RWANDA


Bamwe mu baturage batuye mu mudugudu wa karusine 1 akagali ka Ramiro Umurenge wa Gashora bavuga ko  mu rugo rwa Sinzinkimana Emmanuel afite umwana w’umukobwa  witwa Dufitumukiza vestine w'imyaka 12 bivugwa ko yarozwe ibirimo gutonyoka amaguru.

Ni nyuma y’aho Dufitumukiza amaze amezi arenga 4 arwaye bikomeye bigakekwa ko yaba yararozwe na nyina wo muri batisimu witwa  Uwamariya Anastasia  ibirimo gutonyoka amaguru kubyimba mu maso n’inda.

Uyu mubyeyi wabyaye muri Batisimu Dufitumukiza Vestine nubwo atamera ko ariwe wamuroze, yemeye kumuvuza.

Ibindi birebe muri iyi video

 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments