• Amakuru / MU-RWANDA


Kuri uyu wa kabiri taliki ya 1 Nzeri 2026 mu mudugudu wa mu Nyamabuye mu kagari ka Kimisagara mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge, hatoraguwe umurambo w’uruhinja washyizwe mu ikarito bitera benshi urujijo ku nkomoko y’uru ruhinja.

Abaturage bahageze bakeka ko rwaba rwahajugunywe n’umubyara warwo utahise amenyekana,

Aba baturage bahamya ko icyo gikorwa ari icy’ubunyamaswa kubona umubyeyi yikora mu nda, nyuma y’amezi icyenda atwite agahitamo kwambura ubuzima uwo mwana yibyariye.

Ari ahageze aho ibyo byago byabereye, yewe n’abahanyura bose bahuriza ku kuba uwo mukobwa yatinyuka kwica umwana yabyeye ari amahano, ndetse bikwiriye kubera abanda urugeri.

Clip: Ibindi birebe muri iyi Video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments