• Amakuru / MU-RWANDA


Bamwe mu batuye mu karere ka Ngoma mu murenge wa Rukumberi bavuga ko babangamiwe n’abantu biyita abanyamasengesho bagira uruhare mu Gusenya Ingo n’umutekano muke muri ako gace bitwaje guhanura.

Aba baturage bavuga ko higanje kubwinshi abasenga bakanahanura gusa bakanabashinja ko abahanura bagira uruhare mu gusenyuka kwa zimwe mu ngo ziba zisanzwe zijegajega.

Abaturage basaba ko ubuyobozi bwakwinjira muri iki kibazo kuko ubu buhanuzi bw’ibinyoma bukomeje guteza ubwumvikane buke mu baturage, bagasaba ko Leta yafunga ibyumba basengeramo abashaka gusenga bakayoboka insengero zizwi.

Ibindi byumve muri iyi nkuru


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments