Bamwe mu batuye mu karere ka Ngoma mu murenge wa Rukumberi bavuga ko babangamiwe n’abantu biyita abanyamasengesho bagira uruhare mu Gusenya Ingo n’umutekano muke muri ako gace bitwaje guhanura.
Aba
baturage bavuga ko higanje kubwinshi abasenga bakanahanura gusa bakanabashinja
ko abahanura bagira uruhare mu gusenyuka kwa zimwe mu ngo ziba zisanzwe
zijegajega.
Abaturage
basaba ko ubuyobozi bwakwinjira muri iki kibazo kuko ubu buhanuzi bw’ibinyoma
bukomeje guteza ubwumvikane buke mu baturage, bagasaba ko Leta yafunga ibyumba
basengeramo abashaka gusenga bakayoboka insengero zizwi.
Ibindi
byumve muri iyi nkuru