• Amakuru / MU-RWANDA


Bamwe mu baturage batuye mu midugudu itandukanye yo mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali bavuga bahisemo kuvoma amazi y'ibiziba bitewe n’ikibazo cy’ibura ry'amazi.

Aba baturage bavuga ko bafite impungenge k’ubuzima bwabo bitewe nuko aya mazi bavoma aba yanduye cyane akaba ariho bahera basaba ko bakwegerezwa amazi meza.

N’ubwo turi mu bihe by’impeshyi aho amazi akunze kubura mu bice byinshi by’igihugu aba baturage bagaragaza ko WASAC yajya ibibuka muri gahunda yo gusaranganya amazi.

Ibindi birebe muri iyi Video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments