Kigali – Nyarugenge: Umugabo bamufashe asambanya umugore w’abandi bamufungiranira mu bwiherero

Yanditswe na: NIYONSENGA Schadrack 2025-07-07 10:49:42 Amakuru

Abaturage bo mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyamirambo mu kagali ka Gasharu bafashe icyemezo cyo gufungiranira mu bwiherero umugabo n’umugore bari bari kubusambaniramo nyuma y’uko bacaga inyuma undi mugabo wari uherutse gushakana n’uwo mugore.

Aba baturage babwiye umunyamakuru wacu ko kugira ngo bamenye ko aba bombi bari gusambanira mu bwiherero babibwiwe n’abana babunyuzeho bakumva hari kuvugiramo agasaku k’abantu bari muri icyo gikorwa. Abo bana ngo bakimara kubibwira abakuru nibwo ngo nabo bahise bafata icyemezo cyo gushyiraho ingufuri kuri ubwo bwiherero kugira ngo nyiri urugo naza abyibonere.

Nyiri urwo rugo wemeza ko atazi amazina yombi y’uwo mugore we nawe yemeza ko koko uyu mugore we yafatiwe mu busambanyi agashimangira ko ahari ubwo hari uko atajya umushimisha mu buriri ndetse ko bari bamaranye igihe kitanageze ku kwezi babana.

Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri VIDEO ikurikira,

 

Related Post