Umuhanzi wo muri Nigeria Kingsley Okonkwo uzzi nka
nka Kcee nyuma y’igihe kitari gito yashyize ahagaragara impamvu
atigeze asinyisha mugenzi we Mr Flavour
mu gihe yari agikora nk’umujyanama w’abahanzi abashakira Amasezerano .
Ibi yabitagaje ubwo aherutse
kugirna n’itangazamakuru Kcee yavuze
ko Flavour yigeze kugera amahirwe yo
gusinya mu nzu ifasha abahanzi ariko ntibikunde kuko nawe
yifuzaga kwikorana wenyine kugira ngo nawe ateze imbere umuziki we mu buryo bwe bwite .
Kcee yagize ati “ Hari igihe
twatekereje gukorana ariko Flavour
yari umuntu ufite icyerekezo cyihariye
kuko yifuzaga gukora
ibintu bye ku giti cye,nta gitutu ,nta mabwiriza kandi
koko narabyubashye .
Kcee yavuze ko
kureka Flavour akigenga byatumyeFlavour aba umuhanzi mukuru cyane mu muziki
kuko yari afite impano , umurava n’ubushake bwo gukora
ibintu byinshi atagombye kugendera ku mategeko ya Label
Yakomeje avuga ati “ Sinigeze mbifata nko kubura amahirwe ahubwo ni kimwe mu bintu
byiza byabaye kuko yabashije
kubaka izina rye neza ,ubu turi inshuti,kandi twishimira
ibyo yagezeho
Kcee yavuze ko indirimbo za Flavour zaje kuba
ibihangano byihariye muri Afurika, kandi amufata nk’umwe mu bahanzi bakomeye
bagejeje Afro-Highlife ku rwego mpuzamahanga.
Like This Post? Related Posts