Mu gihe
hasigaye iminsi mike ngo abanyarwanda
ndetse n’isi yose ngo bizihize iminsi mikuru isoza umwaka henshi kw’isi
abantu bari gutegura ibitaramo
byo kwishimana n’inshuti zabo ni muri urwo
rwego no mu mujyi wa Rubavu hateguwe igitaramo cyiswe Christmas Beach Fest
Nyuma y’uko
hatagajwe abahanzi ndetse n’abadj bakomeye kuri iki gihugu nka Dj Marnaud ,Dj Pyfo, Mc Phil Peter na MC
anita Pendo banakora akazi ko kuvanwa
umuziki ,Dj Sonia na Mc Tino kuri ubu
hamaze kongerwamo Dj Briane ukomeje
kwigarurira benshi muri iyi minsi kubera
uburyo yaduye bwo gucurangira abakunzi be anabyina.
Iki gitaramo
cya Christmas Beach Fest biteganyijwe ko
kizamara Iminsi 2 kuya 25 no kuya 25 Ukuboza 2025 kikaba
kizabera kuri Heza Beach Resort ku
nkengero z’ikiyaga cya Kivu aho abazakitabira
bazamara iyo minsi yose bishimira ibyo bagezeho muri uyu mwaka ndetse banasabana n’inshuti zabo.
Umwe
mubateguye icyo gitaramo yadutangarije ko
bifuje kujyana icyo gitaramo mu karere ka rubavu ari umujyi mwiza cyane
utuwe n’abaturage bakunda umuziki ndetse ugenda n’abaturutse mu bihugu duhana Imbibi akaba ariyo mpamvu
twahisemo kujyana icyo gitaramo I RUbavu kandi ndizera y’uko ibintu bizagenda neza
kuri noheli na nyuma yahoo.
Kwinjira muri iki gitaramo bizaba ari amafaranga ibihumbi 35.000
Frw,20.000Frw na 10.000Frw aho uwifuza
itike yanura kuri www.christimasbeachfest.rw cyangwa
agakoreshaiyi kode *797*30#
Like This Post? Related Posts