• Amakuru / POLITIKI


Iyi nkuru iraguhamagarira gukurikira ikiganiro kiri ku musozo wayo aho kiragaruka ku busesenguzi ku mwuka mubi ukomeje gututumba hagati yigihugu cy’u Rwanda n’Uburundi, Ni ikiganiro gikozwe nyuma y’amakuru menshi akomeje kwisukiranya agaragaza ko haba hari ukuryamira amajanja hagati y’ibi bihugu,

Ibiheruka ni inkuru zavuze ko uburundi bwaba bwegereje Ingabo nyinshi hafi y’Imipaka ibuhuza n’u Rwanda, Umusesenguzi ari gutanga ibitekerezo bye k’uburyo abona ibi bizarangira ashingiye ku makuru.

Haribazwa ibibazo birimo: Ese Uburundi bwakwiyemeza gutangiza intambara k’u Rwanda? Ese bwabona Impamvu y’iyo ntambara? Ese u Rwanda koko rufite uruhare mu itsindwa ry’Uburundi muri Congo? Byashoboka se ko Uburundi bwananiwe M23 bwakwiyemeza noneho kwataka u Rwanda byeruye? Ese amahanga ahagaze hehe kuri ibi bibazo?

Ikaze mu kIganiro ariko tunibukiranye ko intambara atari icyifuzo cyashigikirwa cyane ko bizwi ko intambara isenya aho kubaka ikanatwara ubuzima ku mpande zombi yaba ku wayitangije no ku wayitangijweho.

Jya kuri YouTube utange igitekerezo cyawe ku buryo bwiza ubona bukwiye gukoreshwa mu guhosha aya makimbirane akomeje gututumba mu biyaga bigari.

 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments