Mu mudugudu wa marembo uri mu kagali ka kabeza saa kumi z’umugoroba humvikanye inkuru yisambanywa ry’ihene za Kamanzi fils bikozwe n’umushumba wamuragiriraga witwa Bizimana Charles wafashwe n’abashumba bagenzi be amaze gusambanya ihene 2 ndetse 1 yanayikomerekeje ayivusha amaraso.
Ni amakuru uyu Kamanzi
Fils avuga ko yahawe n’abashumba baragiranaga na Bizimana Charles w’imyaka 18 bavuga
ko bamusanze hejuru y’ihene ya kabiri nyuma yo kumva iboroga bakaza biruka baje
kureba ibyabaye maze bagasanga ari hejuru y’ihene yabaye intere.
Ababyeyi bageze
ahabereye aya mahano bavuga ko batunguwe nayo ndetse bumva uyu musore akwiye
kujya kugorwa no kuvuzwa kuko bavuga ko bishobora kuba ari uburwayi bwo mu
mutwe.
Byinshi kuri iyi nkuru urabisanga muri iyi video