• Amakuru / MU-RWANDA


Mu mudugudu wa marembo uri mu kagali ka kabeza saa kumi z’umugoroba humvikanye inkuru yisambanywa ry’ihene za Kamanzi fils bikozwe n’umushumba wamuragiriraga witwa Bizimana Charles wafashwe n’abashumba bagenzi be amaze gusambanya ihene 2 ndetse 1 yanayikomerekeje ayivusha amaraso.

Ni amakuru uyu Kamanzi Fils avuga ko yahawe n’abashumba baragiranaga na Bizimana Charles w’imyaka 18 bavuga ko bamusanze hejuru y’ihene ya kabiri nyuma yo kumva iboroga bakaza biruka baje kureba ibyabaye maze bagasanga ari hejuru y’ihene yabaye intere.

Ababyeyi bageze ahabereye aya mahano bavuga ko batunguwe nayo ndetse bumva uyu musore akwiye kujya kugorwa no kuvuzwa kuko bavuga ko bishobora kuba ari uburwayi bwo mu mutwe.

Byinshi kuri iyi nkuru urabisanga muri iyi video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments