• Amakuru / MU-RWANDA

Abateye ubusitani mu ice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali mu gihe haberaga irushanwa rya UCI bavugako bambuwe nyuma y'uko amasezerano bari bagiranye na Kigali Youth Cooperatives Gasabo yari yabemereye ko bazishyurwa nyuma y'iminsi 15 barangije igikorwa.

Ku ruhande rwa Cooperative nabo batunga agatoki Umujyi wa Kigali utarabishyura,...

Ni amasezerano yashyizweho umukono tariki ya 16/9/2025 yagombaga kubahirizwa mu gihe cy'iminsi 15.

Ku wa Gatanu tariki ya 8/5/22026 twagerageje kuvugana n'Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya tumubwiye uko ikibazo giteye,avugako agiye kubanza kubaza uko bimeze nawe nta makuru abifiteho,nyuma y'aho twamwandikiye ubutumwa kuri WhatsApp  ntiyasubiza ndetse no kuri uyu wa Mbere ubwo twandikaga ibi twamuhamagaye kuri telefone ye ngendanwa ntibyakunda kuko  telephone atayifashe

Ibi rero bikaba bidindiza iterambere ku bakoze baziko baziteza imbere kuko hari bamwe batubwiyeko ubu babuze amafaranga ajyana abana babo ku mashuri kuko aho bari bayiteze babazinuye,...

 



Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments