Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje gutera imbere
ni nako abafite aho bahuriye nabo barimo abahanzi, abavanga Umuziki,
abanyinnyi bakomeje kugenda berekana ko
gukora umuziki nyarwanda kuzamuka
kuko abawukoramo nabo batangiye kwiteza
imbere binyuze mu kazi gatandukanye bakoramo .
Ni muri urwo
rwego Nshimiyimana Gilbert umaze kumenyekana nka Dj Jaba
uzwi na benshi basohokera ahazwi nka
Nka Fame Lounge Chicken Mignone I Nyamirambo
nawe ari mu byishimimo
byinshi numa yo gushing kompanyi izajya itanga
serivise zo gufasha abantu mu birori bitandukanye nko gucurangira abantu
aho zajya atanga ibikoresho
byifashishwa byose, ndetse no gutegura
ibirori (Protocole ), gufata amafoto na amashusho bijyane n’igihe .
Mu kiganiro yagiranye
n’umunyamakuru wacu yamutangarije
ko ibi abigezeho nyuma y’imyaka myinshi
afite inzozi zo kuzakora igikorwa cyateza imbere urubyiruko kwiteza imbere binyuze mu kwihangira imirimo .
Mu gusoza Dj Jaba yasabye abakunzi b’ibikorwa
byose gukomeza kumuba hafi ndetse n’abifuza ko abafasha mu birori byabo basura urubuga rwa www.soniqmasterevents.com cyangw bakajye ku mbuga nkoranyambaga ze Dj
Jaba Official