• Imyidagaduro / ABAHANZI

Mu gihe  umuziki nyarwanda  ukomeje gutera  imbere  ni nako abafite aho bahuriye nabo barimo abahanzi, abavanga Umuziki, abanyinnyi bakomeje kugenda berekana ko  gukora umuziki  nyarwanda kuzamuka kuko abawukoramo  nabo batangiye kwiteza imbere  binyuze mu kazi gatandukanye  bakoramo .

Ni muri urwo rwego  Nshimiyimana Gilbert  umaze kumenyekana nka Dj  Jaba  uzwi na benshi basohokera ahazwi nka  Nka  Fame Lounge  Chicken Mignone  I Nyamirambo  nawe  ari  mu byishimimo  byinshi  numa yo  gushing kompanyi  izajya itanga  serivise  zo  gufasha abantu  mu birori bitandukanye nko gucurangira abantu aho  zajya atanga ibikoresho byifashishwa  byose, ndetse no  gutegura  ibirori  (Protocole ), gufata  amafoto na amashusho bijyane n’igihe .

Mu kiganiro  yagiranye  n’umunyamakuru wacu  yamutangarije ko  ibi abigezeho nyuma y’imyaka myinshi afite inzozi zo kuzakora igikorwa cyateza imbere  urubyiruko kwiteza  imbere binyuze mu kwihangira imirimo .

Mu  gusoza Dj Jaba yasabye abakunzi b’ibikorwa byose gukomeza kumuba hafi ndetse n’abifuza ko abafasha  mu birori byabo  basura urubuga rwa www.soniqmasterevents.com  cyangw bakajye ku mbuga nkoranyambaga ze Dj Jaba Official

 

 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments