Mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nkungu abagabo babiri kuri uyu wa 23 kanama 2026 bagiye mu bukwe barashyamirana bibaviramo kurwana umwe akubita mugenzi we ibuye ahasiga ubuzima.
Umunyamabanga
nshingwa bikorwa w’umurenge wa
Nkungu Habimana Emmanuel ahamya iby’aya
makuru akavuga ko umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanywa mu Kigo nderabuzima cya Nkungu mu gihe ucyekwaho gukubita Nyakwigendera yatawe
muri yombi.
Ibindi birebe muri iyi Video