• Amakuru / MU-RWANDA


Mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nkungu abagabo babiri kuri uyu wa 23 kanama 2026 bagiye mu bukwe barashyamirana bibaviramo kurwana umwe akubita mugenzi we ibuye ahasiga ubuzima.

Umunyamabanga nshingwa bikorwa wumurenge wa Nkungu Habimana Emmanuel ahamya ibyaya makuru akavuga ko umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanywa mu Kigo nderabuzima cya Nkungu mu gihe ucyekwaho gukubita Nyakwigendera yatawe muri yombi.

Ibindi birebe muri iyi Video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments