• Amakuru / MU-RWANDA


Kuri uyu wa 2 taliki ya 8 Nzeri 2026 hasakaye inkuru iteyisoni Aho mu umurenge wa musenyi Mu kagali ka musenyi Mu mudugu wa kagusa mu ga  centre ya kayumbo hagaragaye umugabo wafashwe ari gusambana n’umugore w’abandi.

Uwo musaza uri mu kigero cy’imyaka  65 na 70 yacunze umugabo witwa Mbarubukeye anyarukiye mu mirimo yibwira ko atari bugaruke vuba ajya kwisambanira n’umugore we nibwo uwabacunze neza yahamagaraga uyu mugabo wacibwaga inyuma n’umugore we nawe mukugaruka yihuse abafatira mucyuho  bari gusambana.

Ubwo abaturage bahururaga uwo mugore yakingiranye uwo basambanaga we asohoka akubita umugabo yacaga inyuma, ibintu byarakaje abaturanyi bavuga ko iyi ngeso y’uburaya ikwiriye guhagurukirwa kuko ikomeje gusenya imiryango.

Uwo mugabo n’uyu mugore wamucaga inyuma babanaga batarasezeranye kuko uyu mugore yahoranye undi mugabo.

Ibindi birebe muri iyi Video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments