Minisitiri Chikunga Yavuze ko nubwo yarokotse ubu bujura yakorewe bwamusigiye ihungabana.
Afurika y’Epfo ni kimwe mu bihugu bifite umubare munini w’ibyaha bikorerwa ku muhanda birimo n’ubujura, gusa ntibyari bisanzwe ko aya mabandi yibasira abayobozi bakuru bo ku rwego nk’uru.