Ubwongereza: Umupolisikazi yakatiwe n'urukiko nyuma yo gufatwa aryamana n'imfungwa

Yanditswe na: DUSHIMIMANA Elias 2024-01-12 07:04:08 Amakuru

Umupolisikazi Shania Begum, ufite imyaka 25 wo mu gihugu cy'Ubwongereza, nyuma yo gukekwaho ko asambana n'imfungwa akaza gutegwa kamera n'ubuyobozi bwe bwari bwatangiye kumukeka, yaje gukatirwa igifungo cy'amezi 16.

Iperereza ryakozwe n'ubuyobozi bumukuriye bwasanze yararyamanye na Joshua Mullings nyuma yo kugirana umubano ‘udakwiye’ igihe yakoraga muri HMP Birmingham (police station).

Amakuru dukesha urubuga Walesonline, avuga ko aba bombi bajyaga bahura rwihishwa ibi byagaragaye igihe umuyobozi ukuriye iyi sitasiyi ya police Yatangiraga kubakeka Nuko akabatega kamera , Aribwo Nyuma Amashusho yafashwe na kamera agaragaza Aba bombi bari muri icyo gikorwa Umupolisi kazi yahise afatwa ndetse ashikirizwa urukiko.

Begum wo muri Telford, muri Shropshire, yemeye murukiko imyitwarire idakwiye Ubu , akaba afungiye mu rukiko rwa Crown ya Birmingham.

Nyuma y'ipereza, urukiko rwahamirijweko uyumupolisi kazi yaryamanaga n'umugororwa ndetse n'abayobozi bemeje ko yari afitanye umubano n’uyumugororwa.

Daniel Oscroft ukurikiranyweho icyaha nawe, yagize ati: ‘Icyo gihe yari umuyobozi wa gereza i HMP Birmingham hari tariki 3 Ukuboza 2018.

‘Kamera zashyizwe mu kabati ko muri sitoki Ya gereza hagati ya 22 na 29 Nzeri 2022 uregwa na Joshua Mullings Nyuma bagaragaye bakora imibonano mpuzabitsina imbere yakamera.’

Urukiko rwumvise icyo gikorwa cyabaye hagati ya Begum na Mr Mullings harimo no gukora imibonano mpuzabitsina mu kanwa byabaye inshuro zirenze ebyiri.

Bwana Oscroft yavuze ko imyitwarire ye itesha agaciro gahunda ya gereza, kandi anemera ko bigira ingaruka ku mutekano n’imibereho myiza ya gereza.

Andrew Baker wunganira Oscroft, yavuze ko Oscroft afite imico myiza kandi aremera amakosa yakoze ndetse Arana byicuza cyane

Yakomeje avuga ko uwo aburanira ari we witaga kuri nyina na mukuru we bombi bari bafite ubuzima bubi.

Oscaroft yavuze ubwo yarafunzwe yabonaga uriya mupolisikazi amwitayeho ubwo kumukoresha birangira bagiranye umubano.

Urukiko rwagetseko uyumupolisi kazi afungwa amezi 16 kugirango ashyirwe ku murongo.

Related Post