Perezida wa Amerika, Joe Biden wimyaka 80 yongeye kwitura hasi-Video

Yanditswe na: DUSHIMIMANA Elias 2023-06-02 09:50:21 Amakuru

Ubwo hasozwaga amasomo n’imyitozo ku basore n’inkumi bashya binjiye mu gisirikare cya Amerika hakurikiyeho inkuru itari nziza kuri Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden wongeye kwitura hasi kuri uyu wa kane tariki ya 01 kamena 2023.

Ubi byabaye muri uyu muhango ubwo Perezida Biden wimyaka 80 yari amaze gushyikiriza impamyabumenyi umusirikare wa nyuma, yasubiye inyuma asa n’ugana mu byicaro bye ariko aza kugaragara nk’ugize ikibazo cy’akaguru bituma yitura hasi.

Nyuma y’iyi mpanuka, Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Amerika, White House byatangaje ko nta kibazo gikomeye Perezida Biden yayikuyemo.

Related Post