Ukekwaho kwica abo bantu akomeje guhigwa bukware na polisi. Bivugwa ko yitwa Robert Card ndetse ko ari mu kigero cy’imyaka 40. Yagaragaye afite imbunda nini ari kugenda arasa abantu.
Polisi yasabye abaturage gufunga imiryango y’ibikorwa byabo mu gihe hari gushakishwa aho uwo muntu yihishe.