Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Nzeri 2022 amabendera y�u Rwanda n�irya Africa y�Iburasirazuba yururutswa akagezwa mu cyakabiri.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Nzeri 2022 ninwo Umwamikazi w�Ubwongereza Elisabeth II yatanze aguye mu ngoro ye y�ahitwa Balmoral muri Scotland.
Mu itangazo ryasohotse ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Nzeri 2022 ryashyizweho umukono na Minisitiri w�Intebe mu izina rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ryategetse ko amabendera yose y�u Rwanda na y�umuryango wa
Africa y�Iburengerazuba yururtswa kugeza mu cya kabiri mu rwego rwo kwunamira Umwamikazi w�Ubwongereza watanze.
Ibi biratangira kwubahirizwa guhera kuri uyu wa 9 Nzeri 2022 kugeza igihe azatabarizwa.