Perezida Ndayishimiye yayoboye inama y�abakuru b�ibihugu bya EAC mu Misiri ku bibazo by�umutekano muri Congo

Wpfreeware Views:118 November 08, 2022 AMAKURU
Muri ibi bihe mu Burasirazuba bwa Congo hari kuba intambara Ingabo z�iki gihugu zihanganyemo n�umutwe wa M23. Mu Misiri habereye inama yahuje abakuru b�Ibihugu byo muri aka karere baganira ku bibazo by�umutekano muke muri RD Congo. Uko buri kwira bugacya niko umwuka ukomeza kuba mubi kurushaho hagati y�u Rwanda na Congo biturutse kuri iyi ntambara, nibyo byatumye abakuru b�ibihugu bya Africa y�iburengerazuba bahuriye mu Misiri baganira kri ibi bibazo. Iyi nama yayobowe na Perezida w�Uburundi Ndayishimiye Evaliste ari nawe uyoboye umuryango wa Africa y�Iburasirazuba, yitabiriwe na Perezida Kagame w�u Rwanda, William Ruto wa Kenya, Samia Suluhu Hassan wa Tanzania na Minisitiri w�Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde. Impamvu yo guhurira mu Misiri kwaba bakuru b�ibihugu nuko bariyo bitabiriye Inama yiga ku kurengera ibidukikije iri kuba ku nshuro ya 27, COP27.

IZINDI NKURU