Keza Terisky aritegura kwibaruka nyuma yo gutandukana n�uwo biteguraga kurushinga

Wpfreeware Views:465 December 07, 2022 IMYIDAGADURO
Umunyamideli Keza Terisky abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yasangije abamukurikirana amashusho agaragaza ko yitegura kwibaruka imfura ye. Keza yasangije abamukurikirana aya mashusho nyuma y�igihe atandukanye n�umukunzi The trainer. Kuri uyu munsi abinyujije kuri YouTube ye Keza yagaragaye afata amafoto ndetse ahishurira abakunzi ko agiye kwibaruka imfura ye y'umukobwa. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashimiye ababyeyi bose kuko ari intwari, anasaba Imana kubana nawe muri uru rugendo. Ati �Umunezero w'umubyeyi utangira iyo ubuzima bushya butangiye imbere mugihe ijwi ryumutima muto ryumvikanye kunshuro yambere, kandi gukinisha gukina bimwibutsa ko atigeze aba wenyine Ntabwo wigera wumva ubuzima kugeza igihe buzakurira muri wowe Dufite ibanga mumico yacu, kandi ntabwo kuvuka bibabaza Ni uko abagore bakomeye. Imana ibane naburi mu mama wese ahwari kuko muri inwari I can�t wait umunsi nzaba mfite uri kumpamagara Mama nukuri Imana ibane nange kugeza nsoje uru rugendo kandi ntawakwiringiye ukorwa nisoni .�

IZINDI NKURU